Mu murenge wa Gitoki ho mu karere ka Gatsibo bavuga ko intoki zabo zibasiwe n’indwara ya kirabiranya iza igafata igikoki kigahita kiba nk’igihiye kandi kikiri umwano , bavuga ko bibateza igihombo kandi ngo biragoye kurandura urutoki rwose nubwo...
Economic
Bamwe mu bahinga igishanga cya Gacamahembe kiri mu karere ka Rusizi bavuga ko batabona umusaruro baba biteze kuko nta mashini zuhira bagira. Bavuga ko ubusanzwe bakoresha uburyo bo bise ubwa gakondo, iyo buhira bukaba bubasaba gukoresha ingufu...
Muri iki gihe cyo kwirinda Corona Virus mu bucuruzi bwasigaye bukorwa harimo n’abacuruza ibiribwa. Ariko kuba ingendo mu modoka rusange zarahagaritswe byabakomye mu nkokora, kuko hari abazigendagamo bajya kurangura n’abo izo modoka zazaniraga...
Nyuma yuko Guverinoma y'u Rwanda ifunguriye imirimo imwe n'imwe gukomeza gukora, bamwe mu rubyiruko rucuruza rukorera mu masoko atandukanye yo mu Mujyi wa Kigali rurashima iki cyemezo ariko rukavuga ko rufite ikibazo cy'abakiriya bakiri bake,...
U Rwanda ruri mu mwaka wa gatatu wo gushyira mu bikorwa gahunda ya guverinoma y’imyaka 7 ; uyu mwaka ukaba uhuriranye n’icyorezo cya Corona virus.
Ku itariki ya 27/04/2020, ubwo yari mu kiganiro na bimwe mu bitangazamakuru kibanze...
Muri iki gihe cyo kwirinda Corona Virus mu bucuruzi bwasigaye bukorwa harimo n’abacuruza ibiribwa. Ariko kuba ingendo mu modoka rusange zarahagaritswe byabakomye mu nkokora, kuko hari abazigendagamo bajya kurangura n’abo izo modoka zazaniraga...
Muri iki gihe cyo kwirinda Corona Virus mu bucuruzi bwasigaye bukorwa harimo n’abacuruza ibiribwa. Ariko kuba ingendo mu modoka rusange zarahagaritswe byabakomye mu nkokora, kuko hari abazigendagamo bajya kurangura n’abo izo modoka zazaniraga...
Jean Paul Ntezimana, umusore w’imyaka 27 uri kurangiza amasomo mu ishuri rikuru rya Musanze Polytechnics yashinze uruganda rukora imitobe (juice), ibisuguti (biscuits) na divayi itukura(red wine) mu bijumba akaba akomeje ubushakashatsi bwo...