Bbc ivuga ko Minisitiri w'ubuzima muri Namibiya Kalumbi Shangula yavuze ko amabwiriza yo kwirinda agomba kubahirizwa kugira ngo bahagarike ikwirakwira ry'iyi virus cyane ahegereye hegeranye nko ku mashuri.
Ibinyamakuru byaho bivuga ko iki...
Education
Mugihe hakomeje kwibazwa niba koko amashuri mu Rwanda azatangira mu kwezi kwa 9 nkuko byari biteganijwe, bamwe mu barimu bitewe n'imibereho ikomeje kugorana kubera ingaruka z'indwara ya COVID 19, kuri ubu bamwe bamaze gufata ingamba zo guhindu...
Ibi Umuyobozi mukuru wa HEC, Dr. Rose Mukankomeje yabitangarije mu kiganiro yagiriye kuri Radio Kigali today, avuga ko batazihanganira kaminuza zitigisha neza uko bikwiye.
Bibaye nyuma y’uko mu ntangiriro z'ukwezi kwa 7 uyu mwaka wa 2020...
Mu byumba ibihumbi 22 bizubakwa muri gahunda yo kugabanya ubucucike mu mashuri, ibihumbi 17 muribyo bizaharirwa abana bo mu mwaka wa mbere w'amashuri abanza.
Ibi byagarutsweho na Minisitiri w’Uburezi, Dr. Valentine Uwamariya ubwo yari mu...
Bamwe mu babyeyi bakunze kugenda bagaruka ku ngaruka z'uko abana babo bigira mu mashuri bakiga ari benshi bigatera ubucucike mu ishuri, kenshi bikagira ingaruka z'uko barangiza ubumenyi bwabo buri hasi cyane ugererarinije n'abize ari bacye...
Nyuma y'icyemezo cy'inama y'abaminisitiri yabaye tariki ya 30/04/2020 cyavugaga ko amashuri azatangira mu kwezi kwa 9, ibi byatumye byinshi mu bigo by’amashuri yigenga bifata umwanzuro wo guhagarika amasezerano byari bifitanye n’abarimu...
Uyu munsi benshi mu batuye u Rwanda cyangwa abarugenda baturutse hanze, bazi ko igice cy'intara y'amajyaruguru y'u Rwanda aricyo gice cyonyine cy'ibirunga gusa.
Ariko siko biri kuko abashakashatsi bagaragaje ko hari n'ibindi bice by'u...
Mu nama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 30 Mata 2020 hagamijwe kwiga no kurebera hamwe gukomeza ingamba zo gukumira no kwirinda indwara ya Covid-19, hafatiwemo imyanzuro, harimo n'uvuga ko amashuri azakomeza gufunga kugeza muri Nzeri 2020.
...