Bamwe mu banyamabanga nshingwabikorwa b’imirenge itandukanye yo mu turere tugize umujyi wa Kigali ndetse n’abandi bayobozi bashyikirijwe amabaruwa abamenyesha ko bahinduriwe imirenge bayoboraga.
Muri aba banyamabanga nshingwabikorwa b'...
Bamwe mu banyamabanga nshingwabikorwa b’imirenge itandukanye yo mu turere tugize umujyi wa Kigali ndetse n’abandi bayobozi bashyikirijwe amabaruwa abamenyesha ko bahinduriwe imirenge bayoboraga.
Muri aba banyamabanga nshingwabikorwa b'...
Kuva tariki 13 Gicurasi 2020 Urukiko rukuru rwa Gisirikare rwa Kanombe, rwari rwafashe umwanzuro wo gufunga iminsi 30 y’agateganyo, abasirikare batanu ba RDF n’umusivili umwe, bakurikiranweho gufata ku ngufu abagore n'abakobwa. Umwanzuro...
Mu gihe hibazwa igikurikiraho nyuma y’ibyemezo bya Guma mu rugo byari byatangajwe ko bizageza uyu munsi, hari ibyagiye bitangazwa n’Umukuru w’Igihugu mu magambo ye bitanga ikizere ko ejo hari abashobora gukomorerwa bagasubira mu mirimo yabo....
Mu rwego rwo gukomeza gutanga ubutabera hakumirwa icyorezo cy'indwara ya Covid 19, mu Rwanda kuri uyu wa mbere inkiko zatangiye gahunda yo gusoma imanza zaburanishijwe hifashishije ikoranabuhanga bita video conference. Ibi byashimishije...
Kuba Umujyi wa Goma uvugwamo icyorezo cya Ebola n’icya Corona virus, biteye impungenge abatuye i Rubavu. N’ubwo bivugwa ko imipaka yafunzwe, ariko umupaka wa Goma na Gisenyi abantu barambuka.
Hari abambuka mu buryo bwemewe n’amategeko kuko...
Kuba Umujyi wa Goma uvugwamo icyorezo cya Ebola n’icya Corona virus, biteye impungenge abatuye i Rubavu. N’ubwo bivugwa ko imipaka yafunzwe, ariko umupaka wa Goma na Gisenyi abantu barambuka.
Hari abambuka mu buryo bwemewe n’amategeko kuko...
Mu murenge wa Kagiri Abaturage bavuga ko bafatiye imifuka y'ibiribwa byagombaga guhabwa abatishoboye ku muyobozi w’Umudugudu no kubatwarasibo be, Abatwarasibo 2 muri bo batawe muri yombi Mudugudu we aburirwa irengero.
Uko byagenze...
RIB yeretse itangazamakuru abagabo 17 bakurikiranyweho icyaha cyo kurema umutwe w’abagizi ba nabi n’icyo kwihesha iby’abandi hakoreshejwe uburiganya. RIB ivuga ko ibi byaha babikoreye mu mirenge inyuranye y’Akarere ka Rusizi.
Abo...